Mu buzima bwacu bw’umubiri n’ubw’umwuka, hahora hari ibigeragezo n’inzitizi nyinshi. Mu bihe byashize, Abisirayeli bahuye n’ibigeragezo bikomeye—ubutayu butagira amazi n’ibiribwa n’igihugu cya Kanani gituwe n’ibihangange, Yosuwa na Kalebu biringiye Imana yonyine. Nka bo, dukeneye kwizera ngo tubone urugi rw’ibyiringiro Imana yadukinguriye mu ngorane.
Nk’uko binyuze mu izuka n’izamuka bya Yesu, Imana yakinguriye abera b’Itorero rya mbere bari bihebye ku musaraba wa Yesu urugi rw’ibyiringiro by’ubwami bwo mu ijuru, kandi nk’uko Yesu yeretse Petero, waraye ijoro ryose nta cyo afashe, igitangaza kibaho iyo dushyize mu bikorwa ijambo rye, n’uyu munsi, amagambo ya Kristo Ahnsahnghong ati: “Ubutumwa bwiza buzabwirizwa mu isi yose,” azasohora nta kabuza.
“Uwiteka, umenyeshe iherezo ryanjye, N’urugero rw’iminsi yanjye, Menye ko ndi igikenya.” Mwami, none ntegereje iki? Ni wowe niringira. Zaburi 39:4–8
Ariko uwihangana akageza imperuka ni we uzakizwa. Kandi ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzigishwa mu isi yose, ngo bube ubuhamya bwo guhamiriza amahanga yose, ni bwo imperuka izaherako ize. Matayo 24:13–14
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy