Igihe Abisirayeli bari bamaze kuva mu buretwa muri Egiputa, ubwo binjiraga mu gihugu cy’isezerano cya Kanani, ubwo Umwami Yosiya n’Umwami Hezekiya, basengaga ibigirwamana, bagarukiraga Imana, ndetse n’igihe Abisiraheli bari bamaze kuva mu bunyage, Pasika yari ishingiro.
Nk’uko byari bimeze muri ibyo bihe, umurimo w’Imana w’agakiza ukorwa binyuze kuri Pasika muri iki gihe.
Mu myaka ibihumbi bibiri ishize, Pasika y’isezerano rishya, Yesu yifuje cyane kuyubahiriza ari kumwe n’abigishwa be, yakuweho muri 325 nyuma y’ivangura ry’amadini na politiki maze ijya mu mwijima; nyamara, nk’uko byahanuwe, Kristo Ahnsahnghong yaje gutangiza umurimo w’agakiza binyuze muri Pasika.
Arazibwira ati “Kwifuza nifujije gusangira namwe Pasika iyi, ntarababazwa.”
Luka 22:15
Ku munsi wa mbere wo kurya imitsima idasembuwe, abigishwa begera Yesu baramubaza bati “Urashaka ko dutunganiriza he aho uri burīre ibya Pasika?”
Arabasubiza ati “Mujye mu murwa kwa ntuza, mumubwire muti ‘Umwigisha aravuze ngo igihe cye kirenda kugera, ngo iwawe ni ho ari busangirire ibya Pasika n’abigishwa be.’ ”
Isomo rya 1: Mt 26, 17-18
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy