Tugomba gushaka Imana kuko ibisubizo by’ibibazo mu buzima bwacu bitangwa n’Imana.
Impamvu yatumye Dawidi, Yehoshafati, na Hezekiya babaho ubuzima bwiza kandi bwo gutsinda ni ukubera ko bishingikirije ku Mana, aho kwishingikiriza ku bantu cyangwa ku bintu by’isi.
Imana yanditse amateka ya kera muri Bibiliya ku bwacu abari kubaho muri iki gihe.
Imana yahoranye n’abantu bayo—igihe Yeriko yatsindwaga n’Inyanja Itukura ikagabanywa.
Mu kwibuka ibi, abizera b’Itorero ry’Imana bahora bishingikiriza ku Mana mu bihe bigoye.
Uko ni ko Hezekiya yabigenje i Buyuda hose, akora ibishimwa byo gukiranuka bidahinyurwa n’Uwiteka Imana ye.
Mu byo yatangiye gukora byose kugira ngo ashake Imana ye, iby’umurimo wo mu nzu y’Imana n’iby’amategeko n’ibyategetswe, yabikoranaga umwete wose akabisohoza.
2 Ngoma 31:20–21
Nuko benshi bazanira Uwiteka amaturo i Yerusalemu, na Hezekiya umwami w’Abayuda bamutura ibintu by’igiciro cyinshi, bituma yogezwa imbere y’amahanga yose uhereye icyo gihe.
2 Ngoma 32:23
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy