Nk’uko abantu bo mu isi barakara iyo abantu benshi b’inzirakarengane bishwe mu ntambara, ni na ko Yesu yarakariye Satani watumye abana be bo mu buryo bw’umwuka bamena amaraso yabo.
Yahishuriye abana be kamere ya Satani mu Mugani w’Urukungu n’Amasaka, abigisha kudashukwa n’ubwicamategeko bwuzuye isi, nk’amateraniro yo ku Cyumweru na Noheri.
Urukungu rubibwa na Satani mu isi ni amateraniro yo ku Cyumweru, Noheri, no kubaha umusaraba, ni ibikorwa byo gusenga imana y’izuba kandi bizana igihano cy’ikuzimu.
Bakurikije inyigisho za Bibiliya, abizera b’itorero ry’Imana bubahiriza amategeko y’Imana, harimo umunsi w’Isabato na Pasika.
“Umuntu wese umbwira ati ‘Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.”
Matayo 7:21
Ibumburira akanwa kayo gutuka Imana, . . .
Abari mu isi bose bazayiramya, umuntu wese izina rye ritanditswe mu gitabo cy’ubugingo cy’Umwana w’Intama, . . .
Ibyahishuwe 13:6–8
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy