Ku Munsi w’Impongano, igihe abantu bazaba bihannye imbere y’Imana ibyaha byose bakoze mu ijuru no mu isi, babizi cyangwa batabizi, bazababarirwa ibyaha byabo binyuze mu buntu bw’Imana kandi bahabwe uburyo bwo gusubira mu bwami bwo mu ijuru.
Nk’uko Yesu yaje kuri iyi si akavuga ati “Mwihane, kuko ubwami bwo mu ijuru buri hafi,” Kristo Ahnsahnghong n’Imana Mama nabo babwira abantu kwihana byuzuye, guhunga ibyago no gukizwa.
Yesu arabasubiza ati “Abazima si bo bakwiriye umuvuzi, keretse abarwayi.
Sinazanywe no guhamagara abakiranuka, keretse abanyabyaha ngo bihane.”
Luka 5:31–32
Dore ukuboko k’Uwiteka ntikwaheze ngo ananirwe gukiza, n’ugutwi kwe ntikwapfuye ngo ananirwe kumva.
Ahubwo gukiranirwa kwanyu ni ko kwabatandukanije n’Imana yanyu, n’ibyaha byanyu ni byo biyitera kubima amaso ikanga no kumva.
Yesaya 59:1–2
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy